MUBYEYI NKUNDA KILIZIYA Anthony Museruka
Mubyeyi wanjye nkunda Kiliziya ndagusuhuza, ndagusuhuza ndagusuhuza
ndagusuhuza njye umwana wawe wibyaliye nda
Mubyeyi wanjye nkunda Kiliziya ndagusuhuza, ndagusuhuza ndagusuhuza
ndagusuhuza njye umwana wawe wibyaliye.
Reka mbikubwire mubyeyi ko ndagukunda ndkunda ka ndi nzagukundisha n’abobose mbona bakwirengagiza. Erega urukundo wankunze n’ikirenga n’ikirenga.
N’ikirenga n’ukuli mubyeyi warankunze urantoza inzira y’ubuzima bwiza nziza kuva ahomvukiye kugeza na n’ubu. Wanyigishije ingeso nziza kandi mubyeyi urabikomeja.
Komeza wigishe n’abo bose abangwa mu ntege twese tugire umutima w’imbyeyi nk’uwawe.
Ngusabiye ku Mana Data waguhanze nkuragije Imana Mwana wagucunguye na Roho Muhoza nahorane nawe akuyobere maze iyo Mana imwe rukumbi ikundindire, Mubyeyi w njye Kiliziya.
0 Comments